Isoko ryo Kubaka Ubwiherero bwaho Abahungu barara k’ Urwunge rw’Amashuri rwa APAGIE/MUSHA (Deadline: 19/01/2026)
ITANGAZO RIHAMAGARIRA GUPIGANIRA AMASOKO
Ubuyobozi bw’Urwunge rw’Amashuri rwa APAGIE/MUSHA buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi kobwifuza gupiganisha amasoko akurikira:
| NIMERO Y’ISOKO | IZINA RY’ISOKO | IGICIRO CY’IGITABO CY’IPIGANWA | ITARIKI YO GUFUNGURA |
| 001/NCB/2025/2026G.S APAGIE/MUSHA | Kubaka Ubwiherero bwaho Abahungu barara | 10,000 Frw | 19/01/2026 |
| 001/NCB/2025/2026G.S APAGIE/MUSHA | Kubaka uruzitiro rw’Ishuri rwa metero 297 n’amatafari ahiye | 10,000 Frw | 19/01/2026 |
Ibisobanuro birambuye bikubiye mu gitabo cy’amabwiriza agenga ipiganwa kiboneka mu bunyamabanga bw’iryo shuri mu masaha y’akazi nyuma yo kwishyura amafaranga ibihumbi icumi (10,000Frw) kuri Konti ya G.S APAGIE/MUSHA N0: 00046-0312146-04 iri muri BANKI YA KIGALI.
Inyandiko z’ipiganwa ziteguye neza harimo umwimerere (original) imwe na kopi ebyeri zigomba kuba zagejejwe mu buyobozi bw’ishuri aho tender committee y’ishuri ikorera, bitarenze taliki ya 19/01/2025 saa tatu zuzuye (09h00),
Inyandiko izakererwa mu gihe cyo gufungura mu ruhame ntizakirwa. Gufungura amabaruwa ku mugaragaro ni taliki ya 19/01/2026 saa tatu n’igice (09h30).
Bikorewe i Musha, Kuwa 26/12/2025.
HABYALIMANA Emmanuel
Umuyobozi w’Urwunge rw’Amashuri rwa APAGIE/MUSHA
We post daily tender alerts on all our social media pages!
Click the link and follow us to stay updated: FOLLOW US

